KUBAHO KWA YESU KRISTO.
(PRESENCE)
UMWANZURO.
Mugihe cyumurimo wa William Branham, hari ibintu bibiri byatumye hagati ya
madini namatorero ya ba Pentekote kurusha ibindi, aribyo ibi:
·
INYIGISHO# I Mwene data Branham kubwo
gukoresha ijambo GUHAMIRIZA: “Yuko, Imana ifite ubutumwa buva kumuntu umwe
kandi ko ikorengana numuntu umwe gusa.” Iki cyatumye benshi bo
mubakuru bamadini banga urunuka Mwene data Branham, bitewe cyane cyane nishari.
·
INYIGISHA # II Mwene data Branham yigisha kubumana, kuko
atigishije nkabo ubumwe cyanga aba “Yesu Gusa” kandi ntabwo yigishije ubutatu
(Trinity). Yaravuze ati, “Mpagaze hagati yabo; Ntabwo nizereye mubutatu hari
abantu batatu; Kandi
sinizeye ko Yesu ari umwe nkurutokirwawe rumwe. “Izi nyigisha Ibiri zari“Igitare
cyo gucumura” Icyo catumye mwene data Branham atemerwa nitorero ryisi mugihe
cye. Niyo mpamvu,
abashakisha amadini ba banyabutatu babaraga mwene data Branham
nkaho ari uwo mubumwe nabanyabumwe bagatekereza ko ari umunyabutatu. Nukuberako
yari ntaho ari muri aya mashuri abiri yintekerezo? Yari ahagaze hagati yabo;
kandi ntibagashoboyekugenzura
itandukaniro, ariko
·
INYIGISHO # 1. Nubundi UGUHAMIRIZA: ni
inkomoko: Ntabwo aricyane ko Imana yahamirizaga ubutumwa bwa William Branham,
kuko aba Pentekote bose bizera ko Imana ikorera mwijuru ikora ibintu bihebuje.
Kandi bazabyemera ko Imana ija Imanurwa nogukora ibintu runaka, ariko
gusobanukirwa ko uku guhanuriza kuza muburyo bwo kubaho KwImana ubwayo hamwe
numuhanuzi wayo, kandi ukukubaho kwa kwavuzweho na mwene data Branham ubwe
kokuboneka kwa Kristo kwabaye Ishingiro ryingigisha yabaye ikiganiro hagati yabakuru “mubutumwa;” kuko
kwazanye muribo amakimbirane kugusobanukirwa kwabo ko kuza kwa kabari kwa
Kristo kuko bahoze babirabukwa, bitewe no kudasobanukirwa neza ubumana.
·
INYIGISHO # 2. UBUMANA: Byongeye, abenshi baje, mubutumwa
Mwene data Braham yaravuze
ati; Ukubaho kwa Yesu Kristo, Kwagombaga kumurikira itorero, kumenya ko muriyi
Misi yimperuka aho imigenzo ya madini na madini na mashaka naburikintu kibonye
ijambo ryose ryakuwemo na Yesu jambo arihanze yitorero; (Ibyah
Kandi kumubona agarutse
mubantu akongera kwihamiriza nkuko yabisezeranije “Mumisnsi yimperuka ubwo
Umwana wumuntu azaba ahishurwa
“Yahishuwe mu mubatizo, ahishurwa mugukira irwara kwakImana; hano ari murugingo rwe rwanyuma .wibuke ko arikintu
cyanyuma cyo Abraham yabonye umuriro utaragwa agacira isiyabanyamahanga
urubanza; kandi numwana wisezerano ataraza, Isaka, Iki nikintu cyanyuma itorero
rya bakristo rizabona mukimenyetso cyigitangaza kugeza kukuboneka kwa Yesu Kristo. Imana niba ingiriye ubuntu imbere
yanyu munyizere muzina ryu Mwami; ntanikindi kintu gisigaye muri Bibliya
ukuyeho gufata ikimenyetso cyi nyamaswa, no kugira ikimenyetso cyImana.
Abrahamu yamwise iki ? Yaravuze ati, mbese umucamanza wisi
ntabwo azakora igishitse? None turarebeko umucamanza
yongeye kumanuka muburyo bwijambo gucira abazima nabapfuye urubanza. Kuko niba yashobora kuzana umuzuko, nuko afite kuba yaratoranyije
uwokuza kandi akaba arihano guca urubanza. Niyo mpanvu mubutumwa bwe
(Kwizera gushitse) yaravugaga ko ariho “ahagaze imbere
yintebe yera yubwami, ubu”.
Byongeye
turareba impano yamwene data Branham yokugenzura. Kugenzura
ntarikindi nurubanza. Uriguca urubanza niwe mucamanza.
Niyo mpanvu mwene data Branham avuga yerekana igishushanyo kiri mu Life
magazine- Ikinyamakuru cyubuzima) cyigicu cya bamalayika cyari kigize umwenda
were wurubanza rwImana, icyo yise “UMUCAMANZA UKOMEYE”. Ukuyeho abantu
barebye ko umucamanza ari hano,ntabwo basobanukirwa
ingingo yanyuma yImana irikwiyerekamo abantu nyuma yo kuzamurirwa guhura na
Yesu umwana wayo mukirere. Turiga byinshi mugice kivuga kubwiza (DOXA) bwa Kristo. Niringiye Ko
mwishimiye iki gitabo: Nzandika ibice byinshi Imana nibishaka. Imana ibahe umugisha.
Uyu niwo murimo wanje,
reba, nukwanzura ko, Arihano!” (From that time Par. 227).
Aya magambo cumi narimwe
ashoboye kuba ayi ngenzi mubyo mwene data Branham yigeze kuvuga ariko abenshi
bavuga ko bakurikiye ubutumwa bwe bapfa guca kuraya
magambo ntibasobanukirwe icyo yashakaga kuba bwira.
Mu (Ibyak
Dore
abakobanyi, bazatangara kandi barimbuke. Kuko nkora umurimo minsi
yanyu, umurimo muzanga Kwizera, nubwo umuntuya wubahamiriza byuzuye.
Icyanditswe kitubwira
umuntu uzahanuriza umurimo wumwami Kristo wazutse mubantu, ariko ko abantu bamwumva bazanga kwizera uko guhamiriza. “yaje
mube ariko abe baramwanga” ubutumwa bwo kugaragara kwa kristo bwavuye mukanwa
kumugaragu wImana usizwe William Branham kuba Pentekote kandi nImana ihamiriza
ubwo butumwa bwo kugaragara kwe, kandi yerekana mubuhamya bushitse bwu muzuko
no kubaho kwe; ariko nabo bahamyaga ko bakiriye Mwene data Branham kandi
bagahamya ko bizeye burijambo yavugaga, banze ubutumwa yazanye numvise ababantu
ku macompati yabo berura ko uko kubaho kwa Kristo “ko arindi nyigisho” kandi
abandi kacyita (IBIRUTSI) “Puke” Kubera ubuswa bwabo ntabwo bashobora kuvuga
ijambo “Parousia” (Ukubaho). Abandi bacyise garbage –
Ibishingwe. Gutekereza ko ababantu bazi icyo
irijambo rimenyesha kandi bakita uko kubaho kwImana “Ibishigwe cyangwa
Ibirutsi”. Yesu ubwe yaravuze ati, “Kuvuga ijambo rimwe utuka umwuka wera,
ntabwo azababarirwa haba muri iyisi cyangwa isi azaza .
Icyanditse kiravuga ngo:
“Iyo babaramenye uwo ariwe ntibaba barabambye umwami wicyubahiro”. Ku bwubujiji bwabo babambye Kristo. Kandi ubwo ibyanditswe
batashobora gukuraho (Abah 6:4-6) biratubwira ko ibi
bizongera ku baho mumisi yimperuka. Kuko bidashoboka ko
abamaze ku virwa numucyo bagasogongera impano iva mwijuru, ba kagabana kumwuka
were, bakanasogongera ijambo ryiza ryImana nimbaraga zigihe kizaza, maze
bakagwa bakavamo, ntibishoboka kongera kubahindura basha ngo bihane kuko baba
bongeye kwibambira umwana wImana bakamukoreza isoni kumugaragaro (Muri
rubanda).
None mwene data Branham
yatwigishije ko (Abaheburayo 6) bimenyesha Kristo
mungeri yijambo munsi yimperuka. Nuko turareba ko
abantu bacirwa urubanza kubwa magambo yabo yo gutuka Imana kandi bahamya ko
basanzwe bazi Kristo ko arihano, kuko, bavugu ko, “Asanzwe hano. Nziko aharihano kuko mwiyumvamo mumutima wanje”. Muri make
babeshwa ninyigisho zabo kandi nkuko ibyanditse bibita, “Injiji mu migambi
yaboyubwibone.”
Mwene data Branham yaranze
mubutumwa bwe bwo yise: ITORERO RYARIGANIJWE “Kunko abisirayeli
Bakareba
mesiya hamwe nimbaraga zahishwe iyisi, kugira ngo badasobanukirwa ubu. Biduhe
mwami kugira ngo bakirebe, kuko tubisabye muzina rya Yesu “Amina.”
Mwene data Branham yavuze ko umurimo we wari uwo guhamya ko Kristo arihano muritwe.
None ubu, niba Kristo yarasanzwe hano, nkuko bamwe babwiriza kandi niba abantu
barabimenye nikuki Imana yakohereza umuhanuzi wo guhamya kandi ikintu kizwi ? Ntabwo Imana yari yapfisha ubusa igihe yohereza intumwa nubutumwa
bwa Bantu ba menye. Muri (TOKEN: AKAMENYETSO
Yavuze ati, umurimo wanje nuwo
guhamya ko ari hano“ None ubu abantu benshi bayoboka ubutumwa bwu mugaragu
wImana William Marrion Branham bizerako ubutumwa bwigihe ari “IMANA YOHEREJE
UMUHANUZI.” bizerako ubutumwa bwari ubwo gutuma ureba uwo mwene data Branham
yariwe. None, nifuzaga kubaza nigihe ki Imana yo herezaga
Intumwa yo kwiyamamaza Niryari intumwa yImana yazaga nubutumwa “Reba, ndihano.
Imana yaranyohereje”. Na Yesu yavuze
ati “Niba nihamya uguhamya kwanje ntabwo ari ukukuri. “Nuko rero kuza
kwa mwene data Branham akibwirizaho bya kamuteye kub’ atari umunyakuri nkuko
Yesu yavuze None ubutumwa niki ? Yavuze ati,” Umurimo
wanje nugumya ko ari hano!
Ubu
nubutumwa bwingeri ibiri. (Ubwambere I Uguhamya Kristo, ubwakabiri Guhamya
ukubahokwe hagati yacu.Nemera ko yavuze icyo yamenyeshaga kandi ko icyo
yamenyeshega aricyo yavuze Ntiyazanywe no kubwiriza ubutumwa bwinshi bwaba
Pentekote nkuko bamwe bifuza kubibizeza
Ikigendererwa cye cyuzuye
mubuzimabwe kwari uguhamya Kristo, ko yamaze kuza
nijwi rirenga, cyo yavuze ko ari ubutumwa buhuriza umugeni kuri Kristo ari
jambo, ategurirwa umuzamuko.
Nuko rero
mubugenzuzi bwibyo yavuze, twari dufite kumenya icyo kimenyesha kwamamaza icyo
kimenyesha ijambo kwamamaza nijambo ryu rugiriki exegesis rimenyesha kuyoborera
kureba, kugaragaza ikintu, guhishura. Icyanditswe kivuga ahantu henshi ko umwana wumuntu
ko afite guhishurwa
muminsi yimperuka niyo mpanvu bazemera ukuriko Imana yohereje
umuhanuzi gusa bagahakana umurimo umuhanuzi avugwaho ko azakora ? Ubutumwa bwa Mwene data Branham bwari bukomeye cyane kuruta ubwa ba
Pentekote bwa banje mumyaka yimbere. Niba washobora
guhagarara akanya gato ukagenzura umutwe mukuru wubutumwa bwe bwu mugeni
wimperuka, urasanga ndetse nimitwe yibyigisho bye bitanzwe byerekeye
kukigendererwa cye.
1. URUTA SALOMO
2. IDENTIFIED CHRIST OF
3. IMANA IKOMEYE IHISHURIRWA
IMBERE YACU
(Ijambo gupfukura ridutera kumenya icyari gihishwe ko
kigaragajwe, icyo cyari iyobera ko gihishwe. None Imana ikomeye ifite kuba iri
aho igaragayekandi niba igaragaye nuko ifite kubahano kugira ngo irebwe nangwa imurikirwe
abantu. None dufite kubaza ikibazo. Mbese afite gupfukurwa ate
? Igisubiza kiri muri ubwo butumwa mwene data Branham yabwirije).
4. (IMWEBWE MUVUGA KO UYU ARINDE ?) (Kandi icyo nikibazo. Abenshi ntabwo bazi uwo
urihano. Ninde mwene data Branham yavugagaho?. Ntabwo
ariwe wivugagaho, kuko mugihe yakoreshaga ijambo uyu kimenyesha undi, atari
kwivugaho. Uwo undi yarinde niba yari Atari kristo ubwe ?.
Nubundi wongere umenye ko, iyo avaga kuri Yesu wa kera abayaravuze ngo, Mbesi
muvuga ko yari nde ? Ariko arikubishira muri
uyumunsi.)
5. (UKUBAHO KWIMANA
KUTAZWI) (Uyu mutwe wikicyigisho umenyesha iki arihano mungeri itazwi.
Nimpamvu ki atazwi? Kuko
6. (UYU MELEKISEDEKI
NINDE?) (Menya neza ikigendererwa cyuyu uwa ARIWE, Kimenyesha ko hari uwo yatungaga urutoki. Iyaba yaravugaga mu mumvuga
isazwe yibyabayeho yajaga kuvuga ngo UWO YARINDE?)
7. (REBA) (Mwene data Branham
yabwirije ububutumwa hanyuma hato yo kubwiriza Ibimenyetso birindwi kandi
yatangiranye no kuvuga ngo “none umuntu aravuga ngo “REBA” igihe ashaka ko
ureba ikintu cyo arikureba weho utakirora.
8. (KRISTO NUBWIRU BWIMANA
BWAHISHUWE) Icyi ngenzi suko Kristo yari ari ubwiru ahubwo nu BWIRU
buriguhishurwa ubu, muritwe. Iyo iki kiba kitwerekeza kubyabaye bya Yesu mu
imyaka 2000 yashize, kiba yaravuze ati, Kristo yari ubwiru bwImana
bwahishuwe”.)
9. (UYU YESU WITWA KRISO MUGENJEJENTE?) (Icyo nikibazo cyo roheje cyo kubazwa ubu mugihe usoma iki gitabo. Uyu Yesu
uri hano uramugenza ute?).
10. (KUREBA KURI YESU)
(None twareba gute kuri Yesu niba ari ahandi aho atarebwa?).
11. (YESU ASOHOZA IBYO
YASEZERANIJE).
( Icyo yasezeranije twiringiye muri ikigihe cya nyuma
. arihano asohoze ibyo yasezeranije ahamya mujambo rye. Uko uri busome iki
gitabo urashobora kureba byinshi mubintu turi bugenzure nyuma ho muburebure mur’ ikigitabo.
12. (YESU YIHISHURIRA
MUJAMBO
Turebye,
turasanga inshingano ye yingenzi mubutumwa bwe bwose kwari kumenyekanisha
Kristo, no kubaho kwe muritwe. Ariko aba Pentekote banze
ubutumwa bwe bishimiye inyigisho zabo zishaje.
Kuva (MUBIBAZO NI BISUBIZO
BIFASHE KUMWUKAWERA) Pg 19., Yavuze ati, “Mugihe cyo
umwuka were uje uga hishura ikintu mukuri kwacyo uko kiri kandi ukagihamirisha
no kubaho kwe ni jambo, ntu kaziringire ko aba Pentekote bavugango
nemerekanyije naco? Ufite guhagarara wenyine nkuko Luther
yakoze”.
None umurimo gwe kwari
kumenyekanisha ko Kristo ari hano hagati yacu, kandi
ijambo kumenyekanisha rimenyesha: Kumenyekanisha kumugaragaro kubwo Explicit
cyangwa imvugo yeruye imenyesha kwerekana cyagwa guhishura. None
yamenyeshaga iki ubwo yavugaga ati. “Umurimo wanje nukumuhamya ko ari
hano.”
Mwene data Branham ari
kutubwira ati umurimo gwe guse cyari ikigendererwa kimwe, kandi kimwe gusa
kandi uko kwari ukwanzura Kristo cyangwa kumenyekanisha ukubaho kwa Kristo. Rero umurimo we mukuru gwari “Nkuko Yohana umubatiza yabanjirije mukuza kwanje kwambere niko
nubutumwa bwawe burabanziriza kuza kwanje kwa kabiri umuimo wa Yohana umubatiza
gwari gufite ikigendererwa kimwe kandi kimwe gusa, ariko kwanzura Kristo. None,
umurimo wa Yohan wari icyifuzwa buri muntu amaze
kumenya ko Kristo ari aho? Mbese invugo yamwene data Branham yari iraba
iyakababaro iyo azana ubutumwa buvuga icyotwari dusazwe tuzi
? mbese ijambo guhamya ritubwira ko dusobanura ko ari “Kumenyekanisha kuzuye”
Ikintu cyari kitazwi. Mwene data Branham yari arikuvuga ngo umurimo wanje
nukumumenyekanisha ko, ari hano.
Atari yavuga ayamagambo
yangombwa, yavuze ibi bikurikira “Mbese nibangahe bazi itandukaniro riri hagati
yo kugaragara kwa Kristo hamwe no kuza kwa Kristo? Namagambo abiri atandukanye; Ubu nukugaragara kwe, Ukuza kuraza
kuba ho vuba. Ari kugaragara hagati yacu, ari gukora imirimo yigeze
gukora, mutorero rye.” None rero niba twizera mukuri yuko
mwene data Branham yari intumwa ya tumwe nImana kubwikigihe none dufite
kugenzura icyo yageragezaga kutubwira. Niba koko Kristo yari asanzwe
aho, none twifuriza iki umuhanuzi wo kutubwira icyo dusanzwe tuzi. Muri
(Yohan
Turongera tureba muri
(Yohana 1:1-3) “Uwahozeho
uhereye mbere nambere, uwo twumvise, uwo twiboneye namaso yacu,
kandi uwo twitegereje, intoki zacu zikamukoraho, niwe jambo ryubugingo; (Kandi
ubwo bugingo bwarerekanywe, turabubona turabuhamya, kandi none turababyira
ibyubwo bugingo buhoraho, bwa horanye na Data wa twese, tu kabwerekwa.) Ibyo
twabonye tukabyumva, nibyo tubabwira, kugirango namwe mufatanye natwe, kuko
ubwacu dufatanije na Data watwese nu mwana we Yesu
Kristo.” Ikigendererwa cyiki cyigisho nukubararikira ubu ngo
muze muri ububumwe buvuye Mukubaho ku Mwami nu mukiza wacu Yesu Kristo
wongeye kuza kusi nubundi muri iyi minsi yimperuka kandi akaba yagaragaje
ukubaho kwe muritwe mungeri yo atigeze mu myaka 2000 yose ishize.
Yagarutse,
nubundi yihishe mukigi yumurimo. Kuda sobanukirwa kwitoreye uko “KUBAHO” kwa vuyemo
ibibazo byinshi bibazwa hose “ ubutumwa”. Kwiringira ko ikigisomo kira subiza bimwe mubibazo bimwe no kwitoromba
nibyo abantu babivugaho byose. Iki gisomo si indunduro
yabyose ukuyeho ikigendererwa nugufasha abo bafite ibibazo bifashe kuri iki
kintu gikomeye cyabaye “UKUBAHO KWE”.
Tura gendera kujambo
ryurugiriki Parousia muriki gisomo cyose “Parousia” kubwijambo ryicungereza gisobanura
kubaho. Ijambo Parousia mukuri rimenyesha “Igikorwa cyo gusohora gikurikirwa
nukubaho.” Kigaragaza uku ba maso kutari kugusohora gusa ahubwo kuri bube hanyuma yo
gusohora; Cyangwa kubaho. Byakoreshejwe mukubaho kwa
Kristo hano hagati muritwe. Bamwe ba yise inyigisho nsha,
ariko siko biri. Mukuri inyigisha yo gusohora kwe, cyangwa ibisanzwe
bita “Ukubaho” ku maze igihe kirekire kimwe na
Bibiliya. Yesu mugitabo cya Matayo yabivuzeho, Luka abivugaho, Petero na Yohana bose babivugaho ndetse na Pawulo nuko. Uku
guhishurwa kwa Kristo no kubaho kwe kumwuka cyari icyo
kubaho cyituye musi muherezo rimwe ryo kugaragazwa ku bwiza mu ba nyamahanga
ataraza ubwakabiri, byari byaratakajwe mugihe cyu mwijima mubihe bya matorero.
Itorero rya katolika rya koze umurimo munini go guhisha uku kuri kwiza mugihe
cyu butegetsi bwabo bwimyaka igihumbi cya yigishije ngo Kristo yarihano
ategekera muriyo, kobari mucyimbo cye. Ngo Papa yari ari akanwa kImana mubantu
kusi nuko kwari kunyurira muruko kurogota bigereranya ngo kubaho kwa Kristo yaragaragaye kandi yimikwa musi. Iki nicyo cyari igihe cyumwijima ukomeye kumuntu.
Ubwo umucyo watangiye
kugaruka nyuma yigihe cya Martin Luteri, tureba mugihe cyumuntu, imirimo
myinshi itandukanye yaratangiye yo
Mu 1897, Umwanditsi
wumukristo uzwi nka J.B Rotherham wa Cincinnati, Ohio, yanditse ahindura
Bibiliya yose (Bibiliya yamagambo yangombwa): Mubuhinduzibwe yanditse ibi
bikurikira “Muri iyi nyandika ijambo Paruziya nigisa no “Kubaho” (Ukuza,”
Nkuhagarariye iri jambo rishizwe iruhande)
Yarakomeje “Paruziya” ngo
itegerejwe igihe kizaza nuko rero gishizwe hejuru murugero rwigikingirije
kizavanwaho no gusohora kwayo: Muri make n ibihe byombi byongerewe cyangwa
bigabanyuwe, umwo ibintu runaka bizabera, nkigikorwa, kirikuzaho kandi
kirikunyuraho nka kimwe murutonde nkakimwe mubintu byImana biri hagati yibindi,
Kristo akazurwa nkimbuto yumuganura icyo nigikorwa cya mbere; Aragaruka
kugirira imbabazi abe “Mukubaho kwe” Aricyo gihe azanzura abe, icyo nacyo
nikindi gikorwa, Ariko ikinini kirambanije, hanyuma haze urundi rutonde
rwibintu birimo “Imperuka” Hanyuma yabyose, “Kubaho ahari nikintu gifite
umwanya kandi harimo guhinduka gukomeye kunyuze abobari bategereje kubaho
kumwana wumuntu.
Undi mwanditsi, Israel
P.Warren DD wa Port land
Kuva kuri
iri Jambo duhamirizwe, ritekereza, Nubwo ryaba ijambo ryu URUZUNGU ijambo kuza,
cyangwa uru Latin Advent kugaruka niryoryahagararira neza iryo jambo.
Ntampinduka
yashoboka guhinduraho nubwo yaba amagambo yubuhanga mubyamagambo; ntabwo
bigendagendana nijambo ryi nkomoko yaryo, kandi ntibashobora kugira icyo
bashira mucyimbo cyaryo. “UKUBAHO” Aho abasobanuzi bakoreshaga ijambo ryambere, nangwa
niyo waba umuzi
Tutaraja kubandi bibihe
byashize
Yaravuze ati: “Igihe
ikimenyetso cyakarindwi cyabumbuwe hari umwanya wo guhagarara” iricyo kuruhuka.
Mu mwaka 1909, scofield
yanditse mu Bibiliya ye (INYANDIKO YABIBILIYA) ngo ijambo Paruziya rivuga
kukubaho kwa Kristo nku muntu (reba kurupapuro 12 12)
kandi, buri magambo yakare yurugiriki arigutanga insobanuro imwe. Mwese data Branham yakoresheje ijambo
“UKUBAHO’ Ubwe ibihe byinshi amenyesha uku kugaragara gukomeye kwa Kristo muri
ikigihe cyimperuka ariko nkuko bisanzwe harimo bamwe bapfagutereraho bakavuga ngo” UKUBAHO KWE” ngo nindi
nyigisho. Ariko ndavuga, ntigifite kurebeka nkinyigisho yaho gusa ikurikirana
ukubaho kwa Kristo ubwe. Tuyitware kinyigisho, nkuko
gisa no kuvuga ngo “Yesu” ni nyigisho. Ntiwavuga ngo Yesu ninyigisho gusa, nkuko wavuga ngo “UKUBAHO KWE”
ninyigisho gusa?
Ukuri
nuko, Imana ubyayo yaje kusi muri iyisaha yanyuma mungeri itandukanye, nubgo
yabitigeze kubaho murimyaka 2000 ishize. Mwene data Branham yavuze mu
Urabasha
kubaza uti mbesi yari iriho ite mugihe cyintumwa Abantu bakunda kudasobanukirwa
mwene data Branham cyane muri uyu mwanya. Intekerezo zabo bakazisubiza mugihe cya
Yesu mu mubiri agenda genda ku nyanja ya Galilaya,
Atari uwo Pawulo yahuye nawe munzira ija Idamasiko. Nuko
Pawulo yahuye nawe wagendagendaga muli Galileya, muyindi shusho Pawulo yahuye
nawe mushusho yinkingi yumuriro. Ariwe umwe mwene data Branham
yavugagaho “nkuko byari muminsi yintumwa” “None wibuke ko
mwene data Branham atavuze ngo muminsi yo Yesu yagendaga kusi mumubiri” Gusa
yavuze ati “Mugihe cyintumwa”. Abantu bakunda gusoma ijambo
intekerezo zabo zarangijwe kujanwa nibyo barangije kwiga. Mwene data Branham ntabwo arikuvuga ngo Yesu arihano nu mubiri gwe.
Mukuri kuva mubutumwa (UBUTUMWA BWU BUNTU) urupaparo 30 Mwene
data Branham yavuze ati “Hariho ikintu kimwe gusa gitandukanyije ukubaho kwe
hano nkuko yari mubantu bigalilaya, nukuvuga umubiri we bwite atariho.
Mukuri mubutumwa buvuga
buti (IBIRYO BYUMWUKA MUGIHE GIKWIRIYE) Umuronko 167: None, niba yaragaragaye
hano mumubiri yerebetse neza nku mutwe werekanwa mucya Hoffman kuri 33, amaraso
kandi atambera muntokeze, nibindi, inkovuzi misumari zirihose. Ntabwo na cyemeye” Arakomeza aravuga ati “Nti twizera muri ibi biva
mumadini ni miryango. Twizera ko Imana ari Ijambo”.
Uwo
mucyo, kandi Pawulo yamubonye mu sezerano rya kera. Yavuze
ati “Ninje Yesu Malayika wesezerano.
William Branham ntabwo yari
UWUBUMWE cyangwa uwubutatu (Trinite) yakoresheje iyimvuga kenshi “Imana ihindura
igitwikirizo cyayo”. Mu kugarura umuronko wi banze
muri iki gisomo, najurije kuva (1 Yohana 1:1-3) Isoko yubugingo Yohana yavuzeho
nuko kubaho kwImana ubwayo, kandi ari hano. Menya icyo Yohana yageragezaga
kubwira abantu mugihe cye; “ubwo bugingo buhoraho bwahoranye na
Data watwese, tukabwerekwa. Ubugingo bwImana nibwo bwaje hano
kandi bwerekannye ku mubiri yi yeretse abantu. Imana
yihamiriza ubwayo. Yabikoze ite? Inyuriye mumubiri (igipfukisho, igitwikirizo) cyitwa Yesu.
Iki nicyo neza Yesu yabwiye Filipo muri (Yohana 14) ubwo yavuze ati umbonye aba
abonye Data, nuko avuga ati Nimunyizere ko ndi muri
Data, na Data akaba murijye, ariko rero nimutizezwa nibyo mvuga munyizezwe
nimirimo nkora (Ugahamirizwa) ubwayo.
Nubundi
muri (1 yohana 1:3) ibyo twabonye tukabyumva, nibyo tubabwira, kugira ngo namwe
mufatanye natwe.
Yohana atubwira ko ingeri imwe tubasha gufatanya neza ni ukwakira ibyo twabwiwe byo ukabaho kwImana
nubugingo bwa haminjwe (Kunyura muguhamirizwa) bwaje bukamanukira hagati yacu.
Kubaho kwImana kumuntu mubantu be; Nizera ko, igituna
abantu batamenya iki kikabacaho, bikuramo nibyiringiro. Nimpamvu
ki abantu bapfiriwe Mesiya mukuza kwe kwambere. Ntabwo
Kuva muri (NZIKO UMUCUNGUZI
WANJE
Menya hano, Mwene data
Branham aratubwira ko dusabwa ukubyarwa ubwakabiri
kugira ngo dusobanukirwe ukubaho kwe. Abantu bafite ibihe bikomeye kumenya
ugutandukanya ububatizo wumwuka were nu mubatiza ubwe. (Efeso 1:13-14) avuga ko
umubatizo ko ari ngombwa kudutunganiriza kwakira ukubaho kwImana icyo Pawulo
avuga ko ari umwuka wubwenge kandi Guhishurirwa ubwenge bwo muriwe mu murunko
(15-17).
Kimwe
mubishumuruzo bikuru byo gusobanukirwa igihe cacu nubutumwa bwacu twabimenye ye
mu gitabo cyibihe (Birindwi byamatorero) Icyo gishumuruzo ngo Alufa niwe wabaye
Omega.
Reka nkoreshe gusobanunuza gusoma icyanditse gikurikira muri (Yohana I ) None ubu tumenye neza yuko ukubaho muritwe kiruta
inyigisho yonyine, kuko kivugango “muriwe harimo ubugingo kandi ubwo bugingo
bwari umucyo wabantu. Uwo mucyo uvira mu mwijima, ariko
umwijima ntiwawumenya. Hariho umuntu watumwe no
guhamya ibyuwo mucyo ngo atume bose bizera William Branham uwo yazannye
noguhamya ibyuwo muco ngo atume bose bizera.
Malayika
yamubwiye ngo, “Iyaba watumabantu ba kwizera” Icyakora, uwo siwe uwo mucyo
ahubwo niwe wahamije ibyawo uwo mucyo niwe mucyo nyakuri, kandi ubwo nibwo
yatangiraga kuza mu isi, ngo amurikire umuntu wese. Yari musi, ndetse ni we wayiremye nyamara ab’ isi ntibamumenya. (Mbese ntabwo
mwene data Branham yatwigishije ngo Logos yavuye kumananku mucyo gwaremye isi ?) Kandi uku niko gucyirwaho, ko umucyo waje munsi
abantu bagakunda umwijima aho gukunda umucyo, ntibaza no kumucyo, kugirango
ibikorwa byabo
bitagaragara. Ariko uwo mukuri azaku mucyo (Ushira intekerezo ze kumucyo) kugira
ngo ibikorwa bye bigaragare abo niba bavuye (bakomoka) ku Mana.
Kuva mubihe birindwi bya
natorero Mwene data Branham yaravuze ati: ku kirwa cya Patimo Yesu yavuganye na Yohani muyerekwa ati, Ninje Alufa na Omega itangiriro
niherezo. Ntakindi yavuze hagati umwo. Ninje Alufa na Omega, uwambere nu wimperuka! Niko uko?
Ubutumwa bwa mbere nubwanyuma nicyo kimwe. Ubutumwa bwa mbere bwari ubuhe? Iyo
tumenya icyo ubutumwa bwa mbere bwaricyo, twariku menya nicyo ubutumwa bwa
nyuma buricyo. Abantu bamaze igihe bajimpaka ziki
kibazo ku mara imyaka 2000. Mbese ubutumwa bwigihe cyambere bwari iki ? nubundi kuva mugitabo cyibihe
birindwi turasoma ngo “Pawulo yari intumwa yambere nibuka ko Pawulo yaje kuherezo ryigisekuruza. Buri ntumwa zose zizaga kuherezo ryigisekuruza”. None ikibazo kikagumaho ngo
“ubutumwa bwa Pawulo bwari iki? Kubona igisubizo reka dusome ubuhanga
bwa Pawulo ubwe mugitabo cyibyakozwe aha
aratubwira ati inkingi yumuriro yamujeho yumva ijwi rya Yesu avuga ati “Ariko
haguruka, uhagarare, kuko igitumye nkubonekera, ari ukugira ngo ngutoranye
nkugire umukozi wanjye, umugabo woguhamya ibyo ubonye nibyo nzakubonekerana
ikingi yumurimo yongera kugaruka kusi (Ibyakozwe 26:16)Tureba ko, ubutumwa bwa
Pawulo kwari uguhamya ko Yesu Kristo ko atazutse gusa ahubwo ko umwuka wImana
wari umurimo, wagarutse mubantu nki nkingiyumuriro.
Mwene Data Branhamm
yaravuze ngo “Mbese nibangahe bazi ko Yesu Kristo ari yankingi Yumuriro ya kurikiraga
abana ba Isirayeli? Navuye kumana ndasubira kumana. Icyo nicyo yavuze? Ubwo Pawulo yahuye nawe
munzira ija Idamasiko, yari iki? Umucyo mwinshi
ukomeye? Ikingi yumuriro iracyariho uyu munsi.
Umwuka wera wImana; umubiri wa Yesu wicyaye kukuboko
kwiburyo kwImana kuntebe ye yubwami mwijuru, ariko umwuka we uriho kwisi
gurangiza gugasoza umurimo gwe. Ugo mwuka wari muri Malaika wabaye mu muri Yesu
Kristo nuwo wari muri Malaika wageze Isodomu ni
Gomora. “icyo mura cizera? Uwo umwe
wa kurikiraga abana ba Isirayeli, ni Imana imwe!”
Nubundi mu (IGIHE CYO
KWIHUZA NIKIMENYETSO ) Umuronko 97. Yavuze ati: Kuvana igihe cya matorero yambere
inkingi yumuriro nta yabanaga nabantu. Kuvana igihe cyitorero ryambere, bigeze kureba ibintu bisa nibyo
tureba ubu. Iki cyashobotse ubwo Imana yohereje ibimenyetso birindwi
ikaduha ibimenyetso byacyo kandi ikohereza abamalayika bavuye mwijuru bakaza
kugaruraho ayo magambo yatataniye mu Madini aga
hurizwa iyo mujambo nubundi, kugaruraho Umwuka we Wera.
None
ayamagambo adutera kubaza ibibazo. Katugirengo nimpamvu ki Mwene Data Branham yavuga “Kugaruraho
Umwuka Wera” ? niba umwuka wera wari usanzwe hano
mubihe birindwi bya matorero? Nubundi niki cyatuma Mwene data
branham avugango. Umurimo wanje ni kumubabwira, ngo
ari hano.” Niba we (ukubaho kwayo) kwari kuriho igihe
cyose? Mukuri Mwene data Branham yongeye kuvuga ngo “Hanyuma yimyaka
2000 yongeye kutugenderera” Nimpamvu ki
yavuga acyo ukuyeho kuba yari Atari hano kuvana mumyaka ibihumbi (2000) Mungeri
Imwe nkuko ari hano ubu.
Ubu niba urikurebera
ubutumwa mu gicucu cyikindi gihe, uravuga ngo yari ari kuvuga kuri Yesu wo
mumyaka 2000 yashize nuko intekerezo zawe zishushanyiriza umubiri ufite inkovu
zimisumari mubiganza; Ariko, niba wizeye neza Mwene data Branham, Igihe yatubyiye
ko tudafite kureba inyuma, cyangwa kureba imbere ariko kureba icyo Imana
irigukora none iyi mitwe yamagambo yose yerekeye kukintu kimwe arihano alufa
yabaye Omega wabonekeye Pawulo mugihe cyambere yagarutse nubundi mugihe
cyanyuma kurangiza umurimo we.
kuva mubutumwa (Ubutumwa
bwubuntu P9.30 ) yavuze ati. Hariho ikintu kimwe gitandukanyije ukubaho kwe
muri ikigitondo kutari nkuko yari mubantu kuri Galileya, Nicyo ni umubiri gwe
yambaye umubiri gwe.
Mukuri mwene data Branham
yavuze mu (Rimwe gusa mwami ) umuntu ahora atekereza
mubyo Imana yakoze, agahanga amaso kubyo izakora, ariko ntiyite kubyo iri
gukora”. Yongera kuvuga mubaruha yandikiye Mwene data Vayle,
“Niba babirebera mugihe cyasize nta byiringiro Itorero riba rigifite.
Itorero rifite kubirebera muri noneha kwa ryo. Yongeye
kuvuga mubutumwa bwe (ABASIGWA BIBINYOMA) yavuze ati “NDIHO, niwe unyohereje NDIHO, Atari
yariho, cyangwa azabaho, ndiho, nukuvuga nonaha. Ijambo ubu.
Atari ijambo yariho cyangwa ikizaza, ijambo nonaha, nuko
yaravuze “Ntibishoboka ko abo baviriwe umucyo ntibakomezemo nijambo bagasohora
Barapfuye”. Niyo mpanvu kiri ngombwa gusobanukirwa Alufa na omega ingingo ngombwa mwene data Branham yadushinze.
Yavuze ko iyi ariyo ngingo yambere yabanje kwiga nkumukiristo icyImana yakoze
mugihe cyambere ifite
kugikora mugihe cyanyuma. Nuko, niba twamenya icyo Imana
yakoze mugihe cyambere munsi yinkingi yu muriro mugihe murimo cya Pawulo nuko
yabikoze nibyo irigukomeza gukora hanyuma yamwene data Branham akuwe hano
*yigishiriza mumasinagogi yaho bose baramuhimbaza. Ajya Inazareti, iyo
yarerewe, ku munsi wisabato yinjira musinagogi nkuko yamenyereye, arahagarara
ngo asome. Bamuha igitabo cyumuhanuzi Yesaya, arakibumbura
abona igice cyanditsemo ngo Umwuka wuwiteka ari murinje nicyo cyatumye ansigira
kugira ngo mbwirize abakene ubutumwa bwiza. Yantumye kumenyesha imbohe ko zibohorwa, Nimpumyiko zihumuka, no kubohora ibisenzegeri.
Nokumenyesha abantu iby’ umwaka umwami agiriyemo imbabazi.
Nimurebe kuriyingingo
yicyanditswe Itubwira ko yabumbye agatabo akagahereza
avuga ati “Uyu munsi iki cyanditswe gisohoreye mumatwi yanyu. Umenye ko, Yesu atakomeje gusoma aho ibyanditswe byaherezaga. Gisomwa, ngo yantumye kumenyesha abantu imbabazi zuwiteka, numunsi
Imana yacu izahoreramo inzigo. Mwitegereze uko igice cambere cyinteruro
gifashe ku kuza kwe kwambere ariko igice cyakabiri kivuga kukuza kwe kwakabiri none nicyo
catumye atagisoma. Yaritonze aravuga ati uyu munsi ibyo
byanditse bisohoye mu matwi yanyu. Imyaka 2000 itandukanijwe na Kristo.
Twibaze kukubaho kwa Kristo hano mwene data Branham yavuze ati: Nasomye
ibyanditswe ni bihamya bingana 12 cyangwa no kurenga ngo turi mu minsi
yimperuka. Mugihe cyo tuzareba Yesu agarutse musi,
kandi ndikukubwira muri iri Joro ngo uyu munsi ibyo byanditswe bisohoreye mu
maso yanyu. Turongera kumva mwene data Branham avuga mubundi
butumwa ‘Ukugaragara kwa Kristo nokuza kwe. Ibyo bintu
bibiri baratandukanye, ukugaragara no ukuza. Ari
kugaragara ubungubu akorana natwe muburyo bwumuka wera agihindura igishetse;
itorero. Icyangombwa
noneho dufite kwibaza niba
Imana yaraje mucyo mwene data Branham nibyanditswe byita ukugaragara, nuburyo
bumwe byuzuza itorero kuko bivuga hano. Kandi mu byukuri tura bibona
mubyanditse ko ijambo ryImana riri kuzuza itorero
cyangwa umugeni. Ariko ni ,muburyo bwijambo uko kuzura
kuri kubaho. Mugihe cyo igishitse cyibonetse, ikidashitse kigomba
kuvaho. Kandi mwene data Branham twifashishije igitabo cya C.O.D yavuze
ati,”Igihe igishitse kije ……. Kandi dufite uyumusi
kubwubufasha bwImana ubusobanuzi bwuzuye bwIjambo rihamirijwe nimbaraga zImana
“. Nuko ukomeje
ukurikiye urutonde rwibibazo yavuze ati “igihe igishitse kizamenyekana”. Nuko aravuga ati, “none
hariho ikindi gishitse kitari Imana?
Nuko aravuga ati nuko ijambo riracyari Imana”. Dore turareba konubundi inshingano ye kwari
kwerekeza abantu kuku rebaImana mu buryo bwIjambo ryaje muritwe. Nicyo cyatumye avuga ati nturebe inyuma
cyangwa ngo urebe imbere ahubwo reba kucyo Imana iri
gukora none.
None tuzi ko tutashobora gusenga Imana hatariho guhishurirwa. Ariko si nuguhishurirwa kwacyu kwari ugu hishurinwa kudashitse? Mu “(Abaroma 12) tubwirwa
ngo tubona uguhindurwa kubwo guhabwa imitima misha. Turebe ko tubeshejwe
ho nijimbo riduhesha guhindurwakwimibiri yacu.
Icyo nico (1 Abateso
Ariko si
niba imitima yacu ihindurwa misha no gusobanukirwa kudashitse. KubwIjambo
ribora mu cyimbo cyIjambo ritabora. None si
uguhindurwa kwacu sikwaba gupfuye? Niyo mpamvu kiri
ngombwa kugira ijambo ryaje rihamirijwe nImana kuba Iritabora. (1Petero
Kandi hano tura reba ko umuntu ashobora kubyarwa ubwa kabiri nimbuto ibora.
Kandi tuzingo (Mark 4 na Luka 8) hatubwira ko ijambo
ari imbuto umubibyi yabibye. Ariko tubwirwa ko
ababibyi babiri basohotse kubiba imbuto cyangwa Ijambo. Umwana
wumuntu nu umubi. Nuko umwe ya bibye imbuto yIjambo
ishitse undi abiba imbuto yIjambo ribora kandi irijambo kubora riva mujambo ryu
urugiriki ariryo Phthertos umuzi winkomoko yaryo ari Phtherio kumenyesha ikintu cya shobora kubora,
cyangwa kurimbuka ari urupfu no kurimbuka burundu kimenyesha kwakwa ubuzima.
Hatariho
ijwi rirenga nti hazabaho uguhindurwa kwintekerezo hatariho no guhindurwa ku
mubiri rero ntihabeho ukuzuka kwabapfuye cyangwa ukuzamurwa. Nuko
rero ijwi rirenga nintangiriro ryurugendo. Kandi Yesu
yavuze ati”Uko umuntu atekereza mumutima we niko aba arico kandi ibyuzuye
umutima nibyo akanwa kavuga” Nuko rero niba Imana iza nijwi rirenga, ikicyo
caba ukwihamiriza kwayo kandi uko niko dukwiriye kwakira uguhindurwa kwacu.
Muri (1 Yohana 3:2) icyanditswe kitubwira ngo “Bakundwa
ubuturi abana bImana ariko uko tuzamera ntikurerekanwa. Icyakora, icyo
tuzi ni uko, Yesu niyerekanwa,tuzasa nawe, kuko,
tuzamureba uko ari”. Nuko rero turebe ko ukwakira
uguhindurwa kwacu ari kubwo kumureb uko ari. Mu b’Akolisayo
3:4 dusomye haratubwira neza ngo “Kandi ubwo Kristo ariwe bugingo bwacu,
azerekanwa, namwe muzaherako mwerekanwe nawe muri mubwiza” Nuko twongere turebe
yuko gisaba ukugaragara kwe kugira ngo twere kanwe nawe. Uku kugaragara
nukwangombwa kuguhindurwa kwacu uku
mureba kuraduhindura. Mbere twa jurije mwene data Branham atubwira ati
icyo gishitse ni kiza nuko ara tubwira ati ko yaje. N’Imana mushusho Y’Ijambo. None mu (1
Abakori
Aha turebeko ijambo ariryo
rituznira guhindurwa kandi niba twifuza kubona guhindurwa kutabora gufite kuza
kubwijambo ritabora. Niyo mpamvu ari ngombwa Imana kumanuka
ubwayo. Mwene data Branham ya tubwiye ko Imana
ariyo Eliya wacu ubu. Yavuze ngo Kristo niwe ntumwa yiki
gihe. Nkuko tuzi avuganira natwe mukanwa kabahanuzi.
Nuko rero Imana iraza nijwi rirenga aribwo butumwa bwo ku
muhamiriza. Ukwo ari niko avuga. Tugatatirwa
muguhishurirwa kwe
kutuzanira uguhindurwa. Mu (Efeso
Ubu icyangombwa ntabwo ari
umutizo ahubwo ni umubatizo ubwe. Pawulo
yavuze mu (Efeso
Niringiye ko ubu ubasha kureba kubwibyanditswe kandi no kubwu muhanuzi
uhqaminjwe ko Kristo ari hano ubu, mungeri itandukanye nuko yari ari mumyaka
2000. urutonde rwa magambo akurikira rurekana impamvu
11 zitumye abahano.
1. Arihano gutegur’ abantu
bari maso (Luka 1:17 Efeso 1:3-6, 17-21, 1 Yohana 3:1-3, 2 Abakor 3:18, Abakol
3:4, 1 Abakor 1:4-10, 1Petero 1;10-13,23,)
2. Arihano kubwo guteraniriza
hamwe intore kandi no kwishuza umuragewe. (Matayo 3:11-12,
3. Arihano kugirango akize
abakiranutsi ukurimbuka. (2 Abateso, hamwe 2, 13 1Petero 1:5, 9,10uguhishurirwa
kwimperuka kuzana agakiza 2Petero
4. Arihano kugira ngo akize
intore uburiganya. (Mata 24:3-5, 11,24, Mariko 13: 5-6 Efeso 1:17-18, na 4:14,
2 Abateso 1:7-12, na 2:2-3, 10-13, 2 Yohana 8-10, !Yohana 2:19-20,28 Luka 21:8,
2 Tim 3:13, Ibyah 13:4-10, 14-16, 19:20, Mat 13:1-17 Mariko 4:11-12, Luka 8:10,
1Tim 4:1-2, 2Tim 3:1-9, 4:3-4 & 8).
5. Arihano gushira akamenyetso
kumwari wumunyabwenge (Mat 25:1-13, Efeso
6. Arihano ku bwo gutandukanya
inkumbi ningano (Mat 3:11-12, 7: 15-23, 13: 24-30, 36-43, 47-49; 25:1-11,
2Abateso: 1:7-12, 2:3, 10-12, 1Tim 4:1; Abahe:6 1Yoh 2:19-21; 28, udutsiko
tubiri Luka 17:26-37 2Korinto 4:3-6, 11:1-4
Abagaratiya 1:6 2Timoteyo 3:1-9, 4:3-4, 8
7. Ari hano kugirango azure
abapfuye. (1 Abates: 4:15-18 1
Abakorinto 15: igitabo cyabefeso cyose 1: 17-23; Abagarat 2:1 Ibyako: 1:9-11,
Mat,27:51-53, Ngoma 3:4 uguteg:30:3 Luka
8. Ari hano kugirango ahindure ukubaho: (1
Abates: 4:15-16, 1 Abakoe 15: cyose, 2 Yohana 3: 1-3; 2Abakolinto 3:18, Abaroma
12:1-2, Ngoma: 3:4, 1Abakolinto 13:9-12; 2Abates: 1:7, 10-12 Ibyako: 3:19-21;
1Petero 1:7-9, 13, 2Petero 1:1-4; 10-12, 1Abakorinto 1:4-10, Mat 24:30)
9. Ari hano kugirango adushire mumuzamuko (1Abates
10. Arihano kugirango ahe
ubwiza abera be (2 Abates 1:7, 10-12,
2:14,, 2Abakorinto 3:9-10, 18;4:6; 1Yohana 3:1-3, 1Abakorinto 1:4 – 10; 13: 9-12,
Abaroma
12:1-2, Mat,
11. Arihano gucira abazima
nabapfuye urubanza (KUGENZURA URUBANZA) UMUCAMANZA!(Ibyah 3:14-21, Yakobo
5:7-9, Yohana 12:48 Mat3:12, 7:15-23, 13:24-30, 36-43, 47-49,25:1-12 2Abateso
1:7-10).
Ubu hariho ibindi bibazo
byinshi byavutse biva mubantu bamwe bagerageza kwigisha ubu butumwa bwo
kuboneka kwa Kristo kandi bata busobanukiwe neza. Kubwiyo mpamvu havuyemo inyigisha nyinshi zo kurugota zirahama
zateye benshi intambara mu bizeye ubutumwa. Ibi bibazo
bikurikira hamwe nibi subizo byafasha muguhosha bimwe muri bi bibazo byabonetse
kubwo gusobanukirwa nabi.” (IKIBAZO)” Abantu bamwe baravuga ngo ukuza
kwakabiiri kuri kubaho ubu iki nukuri (IGISUBIZO) Yee! Atari ukuvuga ubu! Ikiri
kubaho ubu nu ukugarara uko mwene data Branham yavuze “na kamenyetso ko kuza
kwe” Mwene data Branham yavuze mubimenyetso birindwi, ku rupapuro 308, “Azaga
incuro itatatu. Kristo arimo gatatu”……..Nuko mumuronko wa
nyuma avuga ati “Reba Kristo. Kuza kwambere, Aza yambaye
umubiri kuva amaraso agapfa. Uko nukuri? Uko nukuza kwe kwambere. Ukuza kwakabiri
numuzamuko. Tuka musanganira mu bicu nimibiri idapfa.
Kuza kwagatatu uraba yuzuwemo Imana. Amina! Imana Imanweri gutegeka ku isi. Nuko kuri
Gatatu gusa.
Ubwo, ukuza kwa kabiri ubwako gufite kuba nku kwambere nukwa gatatu nuko
uko ni mumubiri gwe. Mu yindi mvuga, azaza yigaragarije mumubiri nkuko yabikoze
mukuza kwe kwa mbere. Reba icyo
kureberaho mu itangiriro 18. igihe “ELOHIMU” “yagaragaye” kuri Abranhamu. Ikimenyetso cyo kugenzura ibihishwe cya rakozwe. Kandi
hanyuma yokotsa umwana wisezerano aza kusi. Luka
Menya ko
kukuza kwe kwambere, aza kusi yambaye umubiri upfa. Yari kusi ubwo Imana
yamanukiraga muriwe mushusho nki yinuma iva mwijuru igatura muri we hano musi. Imana imu viramo Igetsimani ngo apfe nku muntu. Ukuza kwe
kwakabiri imana iri kusi azanye nijwi rirenga (Ubutumwa), Ijwi, (Umuzuko), hamwe nimpanda
(kuzamurwa) (1Abateso
(IKIBAZO) Uvuga ko afite kuza mumubiri nkuko yaje mbere niba iki ari ukuri
none Pawulo yari ari kutubwira iki mu (2 Abakor